
Mu gihe Abanyarwanda hafi ya bose bamaze iminsi baboroga, bataka kubera izamuka rikabije ry’ibiciro ku masoko mu Rwanda n’ubucyene buvuza ubuhuha ahantu hose mu gihugu, …
Mu gihe Abanyarwanda hafi ya bose bamaze iminsi baboroga, bataka kubera izamuka rikabije ry’ibiciro ku masoko mu Rwanda n’ubucyene buvuza ubuhuha ahantu hose mu gihugu, …
Ku itariki ya 11 Werurwe 2020, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasohoye Raporo ivuga ku bikorwa byaranze Uburenganzira bwa muntu mu Rwanda mu mwaka wa 2019. …
Umuvugabutumwa w’umunyamerika Pasiteri Gregory Schoof, wirukanywe mu Rwanda n’ubutegetsi bwa Kagame umwaka ushize yatabaje perediza wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump na perezida …
Umubano w’imiryango myinshi wajemo umwijima kuva inkundura yo gukuraho ubwami no gushaka ubwigenge yatangira, uza kuba mubi muw’1959 ubwo Abanyarwanda batakarizaga ubuzima muri ibyo bikorwa …
Nkuko byumvikana mu buryo bworoshye, Impinduramatwara yose iba iba igamije guhindura amatwara, nko gusimbuza amatwara ashaje amashya. By’umwihariko Impinduramatwara Gacanzigo ije mu gihe u Rwanda …
Mu gice cyabanje, twabagejejeho uko uruhererekane rw’amateka asharira igihugu cyacu cyaciyemo, agatuma kigwa ku gacuri kikiriho n’ubu, tubasezeranya kuzabikomeza kubibagezaho mbere y’uko tubagezaho uko igikorwa …
Impinduramatwara Gacanzigo ni impinduramatwara ije neza neza mu bihe bisa nk’ibyo ku gihe cya Ruganzu II Ndoli, ubwo u Rwanda rwari rwarubamye kubera ko rwari …
The 50-years old Jean Nsengimana living in Huye District and his younger brother aged 43 living in Kigali city were hijacked by Kagame’s police staffs …
Urukiko rw’Afurika rw’Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu rwategetse ubutegetsi bw’u Rwanda gusubiza agaciro pasiporo z’Abanyarwanda baba muri Afurika y’Epfo bwatesheje agaciro mu buryo butemewe n’amategeko butabanje kumenyesha ba …
Hashize igihe kitari gito mu matwi y’Abanyarwanda humvikana urubyiruko rwishyize hamwe mu mpinduramatwara Gacanzigo, igamije kurandurana n’imizi inzigo yabaye karande mu Banyarwanda no guhindura uburyo …