Mu Igazeti ya Repubulika y’u Rwanda yasohotse nka No Idasanzwe yo ku wa 11/11/2021. Muri iyi gazeti hasohotsemo Itegeko N° 064/2021 ryo ku wa 14/10/2021 …
Author: Ijisho ry' Abaryankuna
Yanditswe na Manzi Uwayo Fabrice Twakomeje gusobanura ko amateka y’u Rwanda yamenyekanye hifashishijwe uruhererekane nyemvugo (tradition orale), ariko kuyamenya uko yakabaye bigasaba kwinjira mu nzira …
Kuva muri 2011, mu Kagari ka Matyazo, Umurenge wa Mushishiro, Akarere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo hubatswe urugomero rw’amashanyarazi rwiswe “Nyabarongo Hydropower I”, rwubatswe na Company …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Inkeragutabara ni umutwe wa gisirikare ugizwe n’abasirikare basezerewe mu gisirikare cya Kagame ku mpamvu zitandukanye. Washinzwe mu 2010, utangirana ibibazo by’isobe …
Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’icyorezo gishya cya Covid-19 yihinduranyije kikitwa “Omicron”, Leta ya Kigali yo ikomeje gukataza mu gutekinika no gutanga imibare itabaho, kandi …
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/11/2021, nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali rwatangiye kuburanisha urubanza rw’ubujurire Nkundabanyanga Eugénie, umukecuru w’imyaka isaga …
Ku i tariki ya 09 ni ya 10 Ukuboza mu mwaka wa 2021, Joe Biden yatumuje inama ku rwego rw’Isi. Iyo nama izaba igamije kwiga …
Yashizwe mu Kinyarwanda nu Ubwanditsi Umunyamabanga wa Leta Antony J. Blinken yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi wa Sénégal, Aissatta Tall Sall, bari mu mu cyumba …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Amahano yagiye agwira u Rwanda mu bihe bitandukanye yagiye ashorwamo urubyiruko ariko na none rwa rubyiruko rwamara gusobanukirwa no kwisobanukirwa rukagira …
Yanditswe na Manzi Uwayo Fabrice Ngendahimana David yavukiye mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Wimana, Umurenge wa Ruharambuga, Akarere ka Nyamasheke, Intara y’Iburengerazuba, mu mwaka …