
Mu bihe bitandukanye twagiye tubagezaho inkuru zo gutabariza Matuje Aphrodis washimuswe inshuro ebyiri zikurikiranyije, ubwo bwa mbere yashimutanywe na bagenzi be batatu, bagafungirwa mu ibagiro …
Mu bihe bitandukanye twagiye tubagezaho inkuru zo gutabariza Matuje Aphrodis washimuswe inshuro ebyiri zikurikiranyije, ubwo bwa mbere yashimutanywe na bagenzi be batatu, bagafungirwa mu ibagiro …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Isi yose imaze iminsi ihangayikishijwe n’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa RD Congo, hafi y’umupaka isangiye n’u Rwanda. Ibi bihugu byombi …
Hashize igihe kitari gito tubagezaho inkuru zo gutabariza inzirakarengane zifungiye mu magereza yo mu Rwanda izindi zikaba zaraburiwe irengero, nta kindi bose bazira uretse kugaragaza …
Yanditswe na Uwamwezi Cecile Muri iyi myaka ibiri ishize Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma izwi nka Commonwealth Head of Goverments Meeting (CHOGM) yari …
Yanditswe na Umwamwezi Cecile Mu Turere twinshi hirya no hino mu Rwanda hakunze kumvikana inkuru z’abaturage baba bafite amikoro adahagije, bahora bataka basaba gufashwa na …
Ku i tariki ya 1 Nyakanga 2022, i Kigali hari kuzabera igitaramo cy’umuraperi ufite ubwenegihugu bwo mu Bufaransa no muri Congo. Nyuma yuko abakunzi be …
Yanditswe na Uwamwezi Cecile Uwiyita Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice yagejeje ibaruwa ye ku biro by’Inteko ishinga Amategeko y’u Rwanda abasaba « kwiga mu mushinga w‟Itegeko …
Ingingo ya 165 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryakozwemo na Kamage mu 2015 ndetse n’Itegeko No 79/2013 ryo ku wa 11/09/2013 …
Muri iyi myaka itanu ishize hakomeje kugaragazwa imibare y’abangavu basambanywa ku gahato igenda yiyongera ariko ibirego bigezwa muri RIB bikaba bike cyane. Ibi byatumye Ijisho …