Mu minsi yashize twabagejejeho amakuru ya Nkundabanyanga Eugénie wafunzwe azira akarengane none ubu akaba yarafunguwe, uyu munsi tugiye kureba uko abayeho nyuma yo gufungurwa. Ugufungurwa …
Category: Amakuru
Yanditswe na Manzi Uwayo Fabrice IBUKA yavugaga ko izavugira abacikacumu, nyamara ari igikoresho cya FPR Kuva FPR imaze gufata ubutegetsi yasanze igihugu cyuzuye imirambo, abandi …
Urukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Iburasizuba (EAC) rwitwa East African Court of Justice rwasubukuye iburanisha riri hagati ya Leta y’u Rwanda n’Ikigo cya Union Trade Center (UTC) …
Hashize imyaka ibiri Kizito Mihigo yishwe na FPR. Urupfu rwe rwababaje Abanyarwanda benshi cyane, ikinyoma cy’uko yiyahuye cyemerwa n’abafite inyungu mu kucyemera bonyine, mu gihe …
Mu gihe gishize twabagejejeho akarengane kakorewe Nkundabanyanga Eugénie, w’imyaka 76, wari umaze amezi 10 afungiwe muri Gereza ya Nyarugenge, bikavugwa ko Urukiko Gacaca rwamukatiye igifungo …
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gashyantare2022, RIB yemeje ko umusizi Bahati yahungiye muri Uganda. Nkuko bisanzwe iyo inzego zo mu Rwanda zishe umuntu …
Uburezi bwo mu Rwanda bwapfuye kuva igihe ireme ryabwo ryicwaga ku bushake na FPR yakenesheje Abanyarwanda, abana bayo itangira ibapfunyikira ikibiribiri. Iyo ugeze ku Gitikinyoni …
ku itariki ya 5 Gashyantare 2022, ubwo umuryango w’umuhungu witwa Murenzi Alexis, wikoraga werekeza mu Murenge wa Nyarupfubire, Akarere ka Nyagatare, ujya guhekesha umugeni witwa …
Mu kwezi kwa kanama 2020, nibwo Mara Phones, ikigo gikorera mu Rwanda, gikora smartphone cyatangaje ko kinjiye mu isoko ryo muri Burkina Faso. Icyo gihe …
Yanditswe na Remezo Rodriguez BA BAYISILAMU BAMAZE IMYAKA ITATU BAFUNGIYE UBUSA BASANZWE ARI ABERE BARAREKURWA Mu mpera z’umwaka wa 2018 nibwo abayisilamu bagera kuri 40 …