
ku wa 9 Ukuboza 2021, ishyirahamwe IBUKA ryitabye ubutabera bwo mu Bubiligi ku mpamvu yo kutubahiriza amategeko agenga amasosiyete, kuterekana ibaruramari ngarukamwaka, kuva muri 2018, …
ku wa 9 Ukuboza 2021, ishyirahamwe IBUKA ryitabye ubutabera bwo mu Bubiligi ku mpamvu yo kutubahiriza amategeko agenga amasosiyete, kuterekana ibaruramari ngarukamwaka, kuva muri 2018, …
Liz Truss, umunyabanga wa Leta y’Abongereza ushinzwe ububanyi n’Amahanga yasabwe kutemera ko Jonhston Busingye ahagararira u Rwanda mu Bwongereza, muri iyi nkuru tugiye kugaruka k’urugendo …
Inkuru dukesha AfroAmerica Network yashyizwe ku rubuga rwayo www.afroamerica.net, ku wa 11/12/2021, ihabwa umutwe, ugenekereje mu Kinyarwanda, wagiraga uti ”RDC-Uganda-Rwanda: Kimwe n’Ingabo z’Ubugande, Guverinoma y’u …
Umuhanga yaravuze ati “ingoma y’ubwibone, igonganisha abaturage bayo, ntizongera kubaho ukundi”. Muri Bibiliya Ntagatifu, igitabo cy’Imigani 16:18, handitse hati “ujya kurimbuka abanza kwirata n’ugiye guhanuka …
Kuva ku itariki ya 26/11/2021, hatangiye kumvikana mu itangazamakuru inkubiri yari igizwe ahanini n’abagore bavuga ko baharanira uburenganzira bw’abari n’abategarugori bazwi ku izina rya “Feminists”, …
Ishyirahamwe ridaharanira inyungu ASBL Ibuka ryo mu Bubiligi rigomba kwitaba Urukiko, ku wa 9 Ukuboza 2021, ku mpamvu yo kutubahiriza amategeko agenga amasosiyete, kuterekana ibaruramari …
Yanditswe na BUREGEYA Benjamin Abanyarwanda bagize bati “umutego mutindi ushibukana nyirawo”, barongera bati “umutego wanga ikinyoma ushibuka nyirawo akihahagaze”. Iyi migani yombi yigaragaje ubwo, ku …
Mu Igazeti ya Repubulika y’u Rwanda yasohotse nka No Idasanzwe yo ku wa 11/11/2021. Muri iyi gazeti hasohotsemo Itegeko N° 064/2021 ryo ku wa 14/10/2021 …
Kuva muri 2011, mu Kagari ka Matyazo, Umurenge wa Mushishiro, Akarere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo hubatswe urugomero rw’amashanyarazi rwiswe “Nyabarongo Hydropower I”, rwubatswe na Company …