
Ni nyuma yaho kuwa 29 Kanama 2021 K’umupaka wa Gatuna U Rwanda rushyikirije Uganda umurambo w’umuturage wayo witwa Kadogo w’imyaka 25 warashwe n’igisirikare cy’ U …
Ni nyuma yaho kuwa 29 Kanama 2021 K’umupaka wa Gatuna U Rwanda rushyikirije Uganda umurambo w’umuturage wayo witwa Kadogo w’imyaka 25 warashwe n’igisirikare cy’ U …
Ethiopia ni kimwe mu bihugu biri mu ihembe ry’Afurika hafi y’Inyanja Itukura, hakaba atari na kure y’Inyanja y’Abahinde, kikaba kitarigeze gikolonizwa n’abanyaburayi kuko ubwo Ubutaliyani …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Kuwa kane tariki ya 03 Nzeli nibwo hatangajwe urupfu rwu umuhanzi Tuyishime Joshua, wakundwagwa wari uzwi ku izina rya Jay Polly. …
Rwagize neza rwose! 1) Biratuma ideni rya 76.2% bya GDP dufitiye amahanga aridusonera, 2) Iyi kipe twishyuriye kandi izaha akazi abanyarwanda igipimo kive kuri 22% …
Last update : BREAKING! Inzego zu umutekano za Uganda zafunguye kuwa gatanu ninjoro, tariki ya 03 nzeli 2021, Dr Lawrence Muganga bafungiye gukekwaho kuneka Uganda …
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 02/09/2021, ibitangazamakuru bikorera mu Rwanda byiganjemo amaradiyo byabyutse bitangaza inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwe mu baraperi bakomeye …
Mu minsi ishize, ku wa 14/07/2021, hashyizweho Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Uburere Mboneragihugu, yavugishije benshi kuko abantu bibazaga icyo ije gukora nyuma ya raporo ya Komisiyo …
Inyandiko twabasomeye kuri Facebook – Safari NIYUBAHWE Iyi nsigamugani nyirizina yadutse ahayinga umwaka wa 2021, ikomotse kuri Safari mwene Nzirumbanje na Nyiranzabamaramagosomborotso bari batuye mu …
Ku urubuga rwa Twitter muri iki gitondo kuwa 24 kanama 2021, haravugwa ko Prof Aimable Karasira nyuma yo kuvugira ku ijwi rya America ubu afungiwe …