
Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’icyorezo cya COVID19, ubutegetsi bwa FPR bwo bukomeje kuzengereza abaturage, aho bwibasiye imitungo yabo bukayisenya. Bimaze kumenyerwa ko ubu butegetsi …
Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’icyorezo cya COVID19, ubutegetsi bwa FPR bwo bukomeje kuzengereza abaturage, aho bwibasiye imitungo yabo bukayisenya. Bimaze kumenyerwa ko ubu butegetsi …
Iki cyorezo kiswe COVID19 giterwa na Coronavis, cyagaragaye bwa mbere mu Bushinwa mu mujyi wa Wuhan mu mpera z’umwaka ushize wa 2019, nyuma y’igihe ubutegetsi …
Hashize ukwezi kumwe, Abanyarwanda bamenye inkuru y’incamugongo, ibamenyesha ko Kizito Mihigo yiciwe aho yari afungiye kuri sitasiyo ya Polisi i Remera. iyo nkuru yavugaga ko …
Kuri iki cyumweru taliki ya 15 Werurwe 2020 hirya no hino mu mujyi wa Kigali, hagaragaye impapuro zanditseho agahinda gafitwe n’urubyiruko ruvuga ko ruhuriye mu …
Ku itariki ya 11 Werurwe 2020, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasohoye Raporo ivuga ku bikorwa byaranze Uburenganzira bwa muntu mu Rwanda mu mwaka wa 2019. …
Umuvugabutumwa w’umunyamerika Pasiteri Gregory Schoof, wirukanywe mu Rwanda n’ubutegetsi bwa Kagame umwaka ushize yatabaje perediza wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump na perezida …
Mbere y’uko dutangira iyi nkuru, mu izina ry’ubuyobozi bw’Urugaga Ruharanira Igihango cy’Igihugu RANP-Abaryankuna, twifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe isi yose yugarijwe n’icyorezo cya CORONAVIRUS. Tunabasaba …
Ku itariki ya 13 Wereurwe 2020, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye yongeye gusubiramo ku nshuro ya gatatu imbere y’inteko ishinga amategeko asobanura ikibazo cy’amasoko yubatswe …
Ubutabera mu Rwanda bukomeje kuba igikoresho cyo gushyira mu kato abavuze ibitekerezo byabo bidahuje n’iby’abategetsi. Ni mu gihe dukomeza kubagezaho ko hari Abanyarwanda bamwe b’abayobozi …