
Umushumba w’Itorero Igreja Pentecostal de Reavivamento em Moçambique (IPRM) yitabye Imana kuri uyu wa mbere taliki ya 14 Ukwakira azize amarozi nk’uko byemejwe n’abaganga kuko …
Umushumba w’Itorero Igreja Pentecostal de Reavivamento em Moçambique (IPRM) yitabye Imana kuri uyu wa mbere taliki ya 14 Ukwakira azize amarozi nk’uko byemejwe n’abaganga kuko …
Itangazo rigenewe itangazamakuru DUHAGARITSE GUKOMEZA KWINGINGIRA FPR IBIGANIRO NK’AHO YO ITABIFITEMO INYUNGU. Hashingiwe ku ngingo za 42, 52, 74 z’Itegeko-Shingiro ishyaka ISHEMA ry’U Rwanda rigenderaho …
“RURA yaba ifite uburenganzira bwo kumpatira kwemera byaha ntakoze? RURA yaba ifite uburenganzira bwo kunyambura uburenganzira bwanjye bwo kwisanzura mu mitekerereze no mumvugo ikanampatira gushyira …
Mu kiganiro “ Nyabugenge n’ubugenge bwayo-Imibereho ya Mwalimu” cyaciye ku murongo wa You Tube wa Bwana Aimable Karasira “Ukuri mbona”, yagarutse ku bibazo bya Mwalimu …
RIB yari yagerageje kurangaza Pastor Schoof imusaba kuyitaba kandi akabikora ku masaha yari yapanzeho ikiganiro. Nk’umuntu uzi neza ubucakura bw’ubutegetsi bwa Kagame, yanze kwica gahunda …
Mugitondo cyo kuri uyu wa 07 Ukwakira, ubwo yari yiteguye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru, igipolisi cy’u Rwanda cyaje nk’iya Gatera, gisesa icyo kiganiro kinahita gita muri …
Iki gitero cyabaye mu ijoro ryo kuya 4 rishyira iya 5 Ukwakira 2019, kije nyuma y’igihe gito mu bihe byinshi no mu buryo bwinshi abaturage …
Soma iyi nkuru maze nurangiza wibaze icyo wakora uramutse uri Ntamuhanga Cassien. Abazabishobora bazatwandikire kuri email yacu ranp.abaryankuna@gmail.com Mugihe k’imyaka itanu (2014-2019) gusa, ubutegetsi bwa …
Mu ibaruwa yageneye Abacunguzi, Abacunguzikazi, n’inshuti z’Urugaga rwa FDLR, Perezida wa FDLR Lt Gen Byiringiro Victoir yatangaje ko babashije gusasira umuyobozi w’ingabo zabo FOCA imirambo …