
Nyirankundineza Yozefa ni umuturage wo mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gatare, Akagari ka Bakopfu, Umudugudu wa Muhingo. Mu myaka 12 ishize yabanaga n’umugabo batasezeranye …
Nyirankundineza Yozefa ni umuturage wo mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Gatare, Akagari ka Bakopfu, Umudugudu wa Muhingo. Mu myaka 12 ishize yabanaga n’umugabo batasezeranye …
Yanditswe na Manzi Uwayo Fabrice Kuwa Kane, tariki ya 25/08/2022, nibwo Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine yagombaga kugirira mu Ntara y’Amajyepfo, mu Turere twa …
Ijisho ry’Abaryankuna ryakiriye ibaruwa ndende y’uwitwa Nkundurwanda, utuye mu Karere ka Gisagara, mu Majyepfo y’u Rwanda, adusaba kuzamugereza ubutumwa bwe kuri Perezida w’u Rwanda, Paul …
Yanditswe na Ahirwe Karoli Muri iyi minsi tugenda tubona imibanire y’u Rwanda na Leta zunze Ubumwe z’Amerika (USA) ndetse n’imibanire yarwo n’Umuryango w’Abibumbye (UN) igenda …
Yanditswe na Uwamwezi Cecile Umuyobozi w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge Udahemuka Adolphe aravugwaho kwimana amakuru ku rubanza rucyekwamo Ruswa n’akarengane. Dushingiye ku rubanza No RC 00822/2020/TGI/NYGE, …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Tariki ya 09 Nzeri 2021-tariki ya 02 Kanama 2022, iminsi yari ibaye 334 tubaze umunsi ku wundi, Dr Kayumba Christopher ari …
Yanditswe na MANZI UWAYO FA Mu minsi ishize Abaryankuna baburiye agatsiko ka Kigali kagiye kumara Abanyarwanda, ariko Umwicanyi ruharwa Kagame yanga kumva umuburo, avunira ibiti …
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Kanama 2022, nibwo Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga w’Amerika, Antony Blinken yageze i Kigali mu Rwanda akubutse …
Yanditswe na Uwamwezi Cecile «Baturage b’Umujyi wa Kigali, turabashimira ku bwo gutanga ibitekerezo bigamije kunoza umurimo wo gutwara abantu. Turabizeza ko turimo kuganira n’inzego zibishinzwe, …