
Amakuru yageze ku Ijisho ry’Abaryankuna muri iki gitondo ni ay’umukecuru utuye mu nkengero z’umujyi wa Kigali basabye gutera kanta mu musatsi kugira ngo yemererwe kwinjira …
Amakuru yageze ku Ijisho ry’Abaryankuna muri iki gitondo ni ay’umukecuru utuye mu nkengero z’umujyi wa Kigali basabye gutera kanta mu musatsi kugira ngo yemererwe kwinjira …
Amakuru agera ku ijisho ry’Abaryankuna nuko abanduye Covid-19 boherezwa iwabo mu rugo kuharwarira, nta miti babahaye ahubwo bakazategekwa kuzagaruka ubwa kabiri kwa muganga. Ubwo ministiri …
Ku i tariki ya 7 Mutarama 2021, hatangajwe uko umujyi wa Kigali wongeye gukandagira amatego ugashaka gusenya Sitasiyo ya Mirimo, nubwo umuryango wa nyakwigendera werekanaga …
Yanditswe na Nema Ange Kuri iki gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 13 Mutarama 2021, haravugwa ko Umunyarwanda umwe wari mu ngabo za LONI …
Yanditswe na Nicholas Nkubito Ejo ku i tariki ya 11 Mutarama 2021, ikinyamakuru igihe.com[1] cyatangaje inkuru ivuga ko hari umugabo w’imyaka 42 wafungiwe i Bugesera …
Yanditswe na Nyangoga Hervé Oscar : Umusomyi w’Ijisho ry’Abaryankuna Igice cya Kabiri : Kwinjira ku Rwanda mu bibazo bya Centrafrique mu mpera za 2020 Ku …
Yanditswe na Nyangoga Hervé Oscar : umusomyi w’Ijisho ry’Abaryankuna Igice cya mbere : Ibibazo bya Centrafrique Mu mpera z’ukuboza 2020, u Rwanda rwohereje ingabo muri Centrafrique. …
Yanditswe na Nkubito Nicholas Iyi ni inyandiko isangiza abasomyi ku gitekerezo nagize nyuma yo gusoma bimwe mu ibitabo byinshi byanditswe kuri Jenoside nyuma gato ya …
Mu mateka y’u Rwanda, impinduka mu mitegekere zagiye zigaragara mu buryo butunguranye. Akenshi na kenshi zikanagira ingaruka zitari nziza. Akenshi na kenshi Abanyarwanda basa n’abatungurana …