
Kuwa 14 Ukuboza 2020, Paul Rusesabagina ufite uburenganzira buhoraho bwo gutura muri America, yareze “GainJet Aviation” na Constantin Niyomwungere mu rukiko rw’ikirenga rwa San Antonio, …
Kuwa 14 Ukuboza 2020, Paul Rusesabagina ufite uburenganzira buhoraho bwo gutura muri America, yareze “GainJet Aviation” na Constantin Niyomwungere mu rukiko rw’ikirenga rwa San Antonio, …
Nyuma y’aho mu ijoro ryo ku ya 1 rishyira iya 2 Gicurasi 2010, imva ya Mbonyumutwa wari ushyinguwe muri Stade ya “Demokarasi” yataburuwe maze umurambo …
(Iki cyegeranyo ushobora no kugikurikirana ku Abaryankuna TV) N’ubwo “Interahamwe” war’umutwe w’urubyiruko w’ishyaka ryari ku butegetsi mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi muw’1994,MRND, kuri ubu iyo …
Ku buryo bw’ikinyuranyo cy’ihabya, hagati y’icyiciro A na B harimo amafranga ibihumbi (535,000 frw) mu gihe kuva kuri B kugera kuri D babicucitsemo abaturage mu …
Mu Ibaruwa yashyizwe hanze na Madamu Frédérique Dumas, umwe mu ntumwa zihagarariye Abafaransa mu nteko nshinga mategeko y’icyo gihugu, abadepite 29 barasaba Emmanuel Macron umukuru …
UKO AMBASEDERI CLAUDE NIKOBISANZWE YEGUYE DOSIYE Y’ABO YITA ABICANYI B’INTERAHAMWE MURI MOZAMBIQUE KANDI NAWE ARI KU RUTONDE RW’ABICANYI ICYO GIHUGU KIZI. Nubwo iyi si ya …
Kuri uy’uwa Kabiri taliki ya 30 Ugushyingo 2020 nibwo hagaragaye amafoto ubuyobozi bwa Banki itsura amajyambere y’u Rwanda(BRD) nayuhagarariye Banki y’isi bushyira umukono ku masezerano …
Amb Claver Gatete aherutse kuganira n’itangazamakuru ababwira ko “RwandAir, yabaye isubitse gahunda yo kugura indege nshya kubera ko n’izo ifite zitari gukoreshwa neza muri iki …
Yanditswe na Mucyo Didier Kuri uyu wa mbere tariki 30 ugushyingo 2020, ubwo ikinyamakuru Igihe.com cyasohoraga inkuru yincurano ivuga ku ibura n’iboneka ry’umusore MUTABAZI Ferdinand, …